
Abarenga ibihumbi 10 bamaze guhungira mu Rwanda no muri Uganda
Kuva uyu mwaka watangira, nibura impunzi ibihumbi 10 zimaze guhungira mu Rwanda no muri Uganda zivuye mu Burasirazuba bwa Congo aho imirwano ikomeje hagati y’Ingabo za Leta n’Umutwe wa M23. Abarenga ibihumbi 10 bamaze guhungira mu Rwanda no muri Uganda. Umuvugizi w’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe Impunzi, HCR, Matthew Saltmarsh, ku wa Gatanu yabwiye abanyamakuru i…